OIPPA Rwanda

OIPPA Rwanda Organization for the Integration and Promotion of People with Albinism This is further exacerbated by prevailing social stigma and cultural attitudes.

Organization for Integration and Promotion of People with Albinism (OIPPA) was established as a civil society organization in July 2013 after intensive discussions with its members on the challenges faced by people with albinism in their daily life. There was the lack of social protection, a very low education level, discrimination in the community, stigma which results to poverty among people wit

h albinism, illiteracy, skin cancer and many other challenges. OIPPA advocates on behalf of its members for equal rights of persons with albinism. To reach its vision, OIPPA has been organizing various trainings for its members to empower them for future self-advocacy as well as building awareness in the communities where people with albinism live in order to instill a safe and inclusive lifestyle.

Abantu bose bakwiye kugira amakuru ku buzima bw'imyororokere, by'umwihariko abantu bafite ubumuga kuko bahura n'ibibazo ...
05/05/2026

Abantu bose bakwiye kugira amakuru ku buzima bw'imyororokere, by'umwihariko abantu bafite ubumuga kuko bahura n'ibibazo by'uruhurirane! https://buzima.rw/abafite-ubumuga-bifuza-ko-hajyaho-umwihariko-mu-bijyenye-no-kwigishwa-ubuzima-bwimyororokere/ #

Mu gihe Leta ikomeje gushyira imbaraga mu kwigisha urubyiruko ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, hari abafite ubumuga bagaragaza ko bo bitabageraho uko bikwiye bitewe n’ubumuga bafite, bakifuza ko hajyaho umwihariko kuri bo. Samuel (Izina ryahinduwe) , ni umwe mu rubyiruko rufite ubumuga bw....

Kugira ubumuga ntibivuze guhezwa kuri serivisi izo ari zo zose, cyane cyane iz'imyororokere!
05/05/2026

Kugira ubumuga ntibivuze guhezwa kuri serivisi izo ari zo zose, cyane cyane iz'imyororokere!

Mu buzima, twese tuba dushaka ubuzima buzira umuze, gusa si ko iteka bigenda. Hari abavuka bafite ubumuga batabigizemo uruhare, abandi ubumuga bukazaza bakuze, ...

04/05/2026

We are pleased to announce the winners of the previously announced "Call for Entries around SRHR issues". They have successifully created content that resonnate with the given topics and they were asked to collect their rewards at OIPPA's offices not later than the 8th May 2026 at 12:00 PM during working days. The following are their names:

1. SENGA Robert (Isaniro Empire) - 1st winner
2. NIYIRORA Pierre Celestin (Buzima.rw) - 2nd winner
3. BAHIRE Emmanuel - 3rd winner

Gutanga ubuhamya bw'ibyo waciyemo ndetse ukabyigobotora, ni ingirakamaro ku bandi kandi nawe bigufasha gukira ibikomere ...
01/05/2026

Gutanga ubuhamya bw'ibyo waciyemo ndetse ukabyigobotora, ni ingirakamaro ku bandi kandi nawe bigufasha gukira ibikomere burundu!

Umwangavu watwise ntakwiye gutereranwa cyangwa ngo avirweho inda imwe n'abo mu muryango we cyangwa umuryango mugari. Akw...
30/04/2026

Umwangavu watwise ntakwiye gutereranwa cyangwa ngo avirweho inda imwe n'abo mu muryango we cyangwa umuryango mugari. Akwiye kurindwa ndetse agahabwa n'ubutabera akeneye mu gihe cya nyacyo.

Umuryango OIPPA winjiye mu rugamba rwo kurwanya inda ziterwa abangavu!
29/04/2026

Umuryango OIPPA winjiye mu rugamba rwo kurwanya inda ziterwa abangavu!

Umuryango Nyarwanda w’Abantu bafite ubumuga bw’uruhu (OIPPA) winjiye mu rugamba rwo kurwanya inda zitateguwe no gukundisha abakobwa kwishakamo ibisubizo aho kumva ko babitegereje ku babagusha mu b…

Ntukihunze ubuyobozi bw'inzego z'ibanze mu gihe cyose ugize ikibazo cg hari serivisi ukeneye kandi utazi aho wayibona ha...
29/04/2026

Ntukihunze ubuyobozi bw'inzego z'ibanze mu gihe cyose ugize ikibazo cg hari serivisi ukeneye kandi utazi aho wayibona hafi yawe!

Gerageza uganire n'abantu wizeyeho ubumenyi kandi batagushora!
28/04/2026

Gerageza uganire n'abantu wizeyeho ubumenyi kandi batagushora!

Nta muntu n'umwe ukwiye kwiheza ubwe cg guhezwa kuri serivisi z'ubuzima bw'imyororokere!
27/04/2026

Nta muntu n'umwe ukwiye kwiheza ubwe cg guhezwa kuri serivisi z'ubuzima bw'imyororokere!

Ababyeyi, abarimu n'abayobozi bakwiye gushyira imbaraga mu ruhare rwabo mu gushyigikira uburenganzira ku buzima bw'imyor...
26/04/2026

Ababyeyi, abarimu n'abayobozi bakwiye gushyira imbaraga mu ruhare rwabo mu gushyigikira uburenganzira ku buzima bw'imyororokere bw'urubyiruko!

Address

KK 563 Street, 8
Kigali
250

Opening Hours

Monday 08:00 - 17:00
Tuesday 08:00 - 17:00
Wednesday 08:00 - 17:00
Thursday 08:00 - 17:00
Friday 08:00 - 17:00

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when OIPPA Rwanda posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Organization

Send a message to OIPPA Rwanda:

Share