10/02/2022
Byari ibihe bigoye
__________________
Muri cyagihe twiga hari abana bari abahanga banashoboye ariko ntabushobozi bwo kwiga barite Niko twigaga umwaka washira umwe akavamo undi washira undi akagenda.
Nakunze kubitekerezaho nkabona ntibikwiye.
Nasanze hari igihe umuntu abura uko afasha yigaya ubushobozi cg akaba atazi ko ikibazo gihari.
Niyo impamvu twihurije hamwe twiyemeza Gufasha abana babakene kubona ubushobozi bwo kwiga.
+250780825212 watsaap.
Ntuzigaye ubushobozi ushaka gufasha kuko ntamarushanywa yo Gufasha abaho.